BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Aug 10, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ubwato bwarimo abimukira barenga 150 bwarohamye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

Ubwato bwarimo abimukira barenga 150 bwarohamye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

sam
Last updated: August 4, 2025 11:43 am
sam
Share
SHARE

Ubwato bwarimo abimukira b’Abanya-Ethiopia 154 bwarohamye muri Yemen, abagera kuri 68 baboneka bapfuye, mu gihe abandi barenga 70 baburiwe irengero.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Abimukira IOM rifite icyicaro muri Yemen, ryatangaje ko ubu bwato bwarohamye ku nkombe za Yemen kuri iki Cyumweru mu Ntara ya Abyan.

Ubwo iyi mpanuka yari ikiba, Inzego z’ubuzima za Yemen, zahise zitangaza ko abantu 54 bitabye Imana, ariko imibare ikomeza kwiyongera, aho ubu hamaze kwemezwa ko abapfuye ari 68 mu gihe abandi 74 bakomeje kuburirwa irengero.

Abdul Qader Bajamil, Umuyobozi Mukuru w’Ubuzima muri Zanzibar, yatangaje ko ubuyobozi buri gushakisha uburyo bwo gushyingura aba bantu hafi y’umujyi wa Shaqra, mu gihe hagikomeje ibikorwa byo gushakisha ababuriwe urengero.

Aba Bimukira b’Abanya-Ethiopia barohamye ubwo banyuraga iyi nzira yakunze kunyurwa n’abimukira bava mu ihembe rya Afurika berecyeza ku mugabane wa Asia mu buryo butemewe n’amategeko kuva muri za 2014.

Aba bimukira baba bahunga ibibazo biri mu Bihugu byabo, aho nk’Igihugu cya Ethiopia kimaze iminsi ari isibaniro ry’ibibazo n’intambara z’urudaca.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Besigye cyo gufungurwa by’agateganyo

Umucamanza wo muri Uganda yateye utwatsi icyifuzo cya Dr. Kiiza Besigye cyo…

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

APR FC yongeye gutombora Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry'ibanze…

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yayoboye umuhango wo gusezera ku ba…

Perezida Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin bahanganye

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na…

Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, iratangaza ko yafashe abantu 10 mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

1 Min Read
Mu mahanga

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

1 Min Read
Mu mahanga

Imirimo yakorwaga na BDF yimuriwe muri BRD

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?