BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 1, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

sam
Last updated: July 30, 2025 12:19 pm
sam
Share
SHARE

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye imbaraga mu gace ko muri Gurupoma ya Ikobo muri Teritwari ya Walikare.

Amakuru akavuga ko abarwanyi biri huriro bakomeje koherezwa ku bwinshi n’intwaro nyinshi mu gace ka Kateku muri Gurupoma ya Ikobo mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.

Amakuru avuga  ko kandi kuva kuwa kabiri M23 ikomeje gushimangira ibirindiro byayo yohereza abasirikare zerekeza Rusamambu na Bukumbirwa .

M23 ikomeje gusenya ibirindiro bya Wazalendo isanzwe ifatanya na leta kurwanya uyu mutwe kuri ubu ugenzura ibice by’inshi by’uburasirazuba bwa DRC.

Ibi biri kuba mu gihe intumwa za leta ya DRC n’iza AFC/ M23 zitegerejwe mu biganiro ku nshuro ya gatandatu i Doha muri Qatar.

Impande zombi ziherutse gusinyana amasezerano y’amahame azagenderwaho mu biganiro bizaganisha ku mahoro arambye arimo Kureka ibitero byo mu kirere, ku butaka, mu mazi y’inyanja cyangwa ay’ibiyaga, ndetse n’ibikorwa byose by’ubusahuzi cyangwa gusenya ku bushake, Kureka gukwirakwiza urwango biciye mu itangazamakuru cyangwa ubundi buryo, Kureka kugerageza gufata ibindi bice ku ngufu cyangwa kwagura aho bari ku rugamba.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abarimu batazi Icyongereza ntibazirukanwa, bazahugurwa- MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri…

RURA yafatiye MTN Rwanda ibihano 

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwafatiye ibihano byo mu rwego rw'ubutegetsi Sosiyete…

Mutamba yasabye ko Minisitiri w’Intebe ahamagazwa mu rubanza rwe

Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…

Amatora ya FERWAFA ntavugwaho rumwe n’abagize komite nyobozi

Bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse…

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

2 Min Read
Umutekano

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

1 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile bo muri Ituri

2 Min Read
Umutekano

Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?