BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

sam
Last updated: July 18, 2025 11:54 am
sam
Share
SHARE

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aratabariza impunzi z’Abanyekongo ziri mu Burundi zimuriwe mu nkambi ya Rugombo, akavuga ko zisanze mu buzima buteye agahinda ku buryo ubuzima bwazo buri mu kaga.

Mugisho Birhenjira, Umudepite w’Intara ya Kivu y’Epfo, avuga ko izi mpunzi zahoze mu Nkambi ya Binyange, zimuriwe mu ya Rugombo mu Gihugu cy’u Burundi.

Uyu Mudepite watowe muri Teritwari ya Walungu, yavuze ko izo mpunzi z’Abanyekongo ziri mu Burundi, zirimo bamwe bakomoka muri Kamanyola muri DRC, bavukijwe uburenganzira w’ingenzi, nko kuba hari abatandukanyijwe n’imiryango yabo, kandi ko ari icyemezo cyafashwe n’Ubutegetsi bw’u Burundi.

Ati “Ikirenze kuri ibyo byo gutandukanya imiryango, izi mpunzi ntizibasha kubona iby’ingenzi mu buzima, kandi zambuwe uburenganzira bwose ku byazifasha kubaho.”

Iyi ntumwa ya rubanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ivuga ko ibi bibazo byateye ihungabana izi mpunzi, ndetse bikaba biri gushyira ubuzima bwazo mu kaga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

Nyarugenge: Polisi yafatiye mu mukwabu abatu 20 bakekwaho ubujura n’abakoresha ibiyobyabwenge 

Nyuma yaho abaturage bo mu Mirenge ya Gitega, Nyakabanda, Nyamirambo, Muhima na…

Dosiye iregwamo umukozi wa NAEB yoherejwe mu Bushinjacyaha

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa…

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ambasaderi wa Uganda muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Alhajji Farid M.…

AFC/M23 ihaye gasopo u Burundi na Kinshasa bashaka kwisubiza ibice bambuwe

Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa DRCongo, ryabusabye guhagarika ibitero n’ibikorwa bya gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

1 Min Read
Mu mahanga

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?