BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Sep 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > AFC/M23 yashinjije ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ubwicanyi ku baturage bane muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 yashinjije ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ubwicanyi ku baturage bane muri Kivu y’Amajyepfo

sam
Last updated: July 15, 2025 9:02 am
sam
Share
SHARE

Ihuriro rya AFCribarizwamo umutwe wa M23 ryatabaje amahanga ku bwicanyi bukomeje gukorwa n’ingabo zihurije hamwe zishyigikiwe na Leta ya Kinshasa, ndetse n’ikwirakwizwa ry’ingabo n’intwaro zikomeye hafi y’ibirindiro by’iri huriro.

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka yavuze ko ku wa 12 Nyakanga 2025, izi ngabo zishe abaturage bane b’inzirakarengane bo muri gurupoma ya Cirunga.

Yagize ati “Tariki ya 12 Nyakanga 2025, izi ngabo zishe abaturage bane muri gurupoma ya Cirunga. Ibi bikorwa bigaragaza neza ko iyi Leta idaha agaciro ibiganiro bikomeje n’imigambi mibi ifite.”

Yakomeje avuga ko ibyo bikorwa bikagaragaza ko Leta idaha agaciro ibiganiro biri gukorwa ndetse ikomeje gushaka intambara.

Amakuru aturuka muri Sosiyete sivile zikorera muri Kabare zivuga ko mu bishwe harimo abarimu babiri bigisha mu ishuri ribanza rya Kabare 1, bari bavuye kuri site yakusanyirijweho ibizamini bya Leta mu gace ka Canya.

Kugeza ubu nubwo ibiganiro bya Doha bikomeje impande zombi zikomeje gusuka abasirikare n’ibikoresho mu bice by’imirwano, biri guca amarenga ko intambara ishobora kubura .

AFC/M23 ishimangira ko itazifata mu gihe yaterwa ndetse ko izarinda abaturage mu bice byose yafashe.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Burera: Polisi yafatanye umugabo ibilo bisaga 200 by’insinga z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yafashe umugabo wari ufite…

AFC/M23 yamaganye imvugo zihembera urwango muri Uvira na Ituri

Ihuriro rya AFC ribarizwamo umutwe wa M23 na Twirwaneho rwatangaje ko ridashobora…

Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

Perezida Paul Kagame yitabiriye anatangiza inama ya cyenda y'iminsi ibiri yiga ku…

DRC: Abazalendo bo muri Uvira barahiriye ko Generali Gasita ajyenda ari umurambo

Uyu ni umunsi wa gatatu w'imyigaragambyo y'Abazalendo bo muri Uvira bamagana Gen…

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

Umuhanzikazi Musabyimana Gloriose izwi nka Gogo  mu ndirimbo zo guhimbaza Imana yapfiriye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Hamenyekanye imibare y’abapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

1 Min Read
Umutekano

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

1 Min Read
Umutekano

Polisi yashyize umucyo ku buryo bukoreshwa hapimwa abatwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha

2 Min Read
Umutekano

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?