BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jun 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bwa SAMIDRC bakiriwe nk’intwari

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bwa SAMIDRC bakiriwe nk’intwari

sam
Last updated: June 14, 2025 7:24 am
sam
Share
SHARE

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bari bamaze igihe baroherejwe mu butumwa bw’amahoro bwa SADC mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakiriwe ku kibuga cy’indege cya gisirikare cya Waterkloof.

Ku wa Kane tariki 12 Kamena nibwo aba basirikare batangiye urugendo rwo gusubira mu gihugu cyabo banyuze mu Rwanda, aho imodoka za kompanyi y’u Rwanda itwara abagenzi (RITCO) zabatwaye zibakuye mu kigo cya gisirikare cya Bambiro.

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF), cyatangaje ko aba basirikare bakiriwe nk’intwari zisohoje ubutumwa .

Izi ngabo za tashye nyuma yo gutsindirwa mu mujyi wa Goma n’umutwe wa M23 umaze igihe ugenzura uyu mujyi kuva muri Mutarama 2025.

Bashyitse mu gihugu cy’iwabo nyuma yo gucyura abapfiriye ku rugamba barenga 10 batumye igihugu cyose cyamagana ibyo kuba baragiye mu ntambara muri RDC, bashinja Perezida Ramaphosa gukoresha igisirikare aharanira inyungu ze bwite.

Biteganyijwe ko ibikoresho by’ingabo za Afurika y’Epfo byo bizanyuzwa mu nzira y’inyanja bikazagera mu gihugu nyuma.

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bwa SAMIDRC bakiriwe nk’intwari

Abasirikare ba Afurika y'Epfo bari bamaze igihe baroherejwe mu butumwa bw'amahoro bwa…

U Buhinde bwavuze aho buhagaze ku bibazo by’u Rwanda na RDC

Umuyobozi muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde ushinzwe Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, Shri…

Amerika yifuza ko amasezerano y’amahoro  hagati ya DRC n’u Rwanda yarangira mbere ya  Nyakanga 2025

Amerika yatangaje ko yifuza kubona  u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko ingabo za Iran zarashe ibisasu bikabakaba 100…

Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye ko kubura Mama we witabye Imana.

Umuhanzi Christian Rukundo Nsengimana uzwi nka Chris Eazy, ari mu gahinda gakomeye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

1 Min Read
Mu mahanga

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Mu mahanga

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

2 Min Read
Mu mahanga

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?