BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

sam
Last updated: June 13, 2025 8:35 am
sam
Share
SHARE

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana ikoranabuhanga ryayo, mu rwego rwo kongera ubushobozi muri iki cyiciro gisigaye gifashe runini mu ntambara zigezweho.

U Burusiya bwagizweho ingaruka n’ibitero karundura bya Ukraine byifashishaga drones, gusa nabwo bwateye intambwe ifatika mu guteza imbere icyo cyiciro cy’imirwanire mu ntambara zigezweho.

Icyakora iyi ntambwe yatewe igiye kurushaho gushyirwamo imbaraga binyuze mu gushyiraho itsinda ryihariye mu gisirikare cy’u Burusiya, rishinzwe gusa gukoresha drones ndetse n’ikoranabuhanga rijyana nayo, riri kurushaho gutera imbere umunsi ku wundi.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko drones zagize uruhare rungana na 50% mu bijyanye no gusenya ibikoresho bya Ukraine birimo imodoka z’intambara n’ibindi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bwa SAMIDRC bakiriwe nk’intwari

Abasirikare ba Afurika y'Epfo bari bamaze igihe baroherejwe mu butumwa bw'amahoro bwa…

U Buhinde bwavuze aho buhagaze ku bibazo by’u Rwanda na RDC

Umuyobozi muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Buhinde ushinzwe Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, Shri…

Amerika yifuza ko amasezerano y’amahoro  hagati ya DRC n’u Rwanda yarangira mbere ya  Nyakanga 2025

Amerika yatangaje ko yifuza kubona  u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Iran yarashe ibisasu byinshi muri Israel

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko ingabo za Iran zarashe ibisasu bikabakaba 100…

Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye ko kubura Mama we witabye Imana.

Umuhanzi Christian Rukundo Nsengimana uzwi nka Chris Eazy, ari mu gahinda gakomeye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Mu mahanga

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

2 Min Read
Mu mahanga

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

1 Min Read
Mu mahanga

Putin yongeye gukanga amahanga kubera ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?