BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

sam
Last updated: June 6, 2025 11:43 am
sam
Share
SHARE

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri Ukraine mu ijoro ryakeye, gihitana nibura abantu bane gikomeretsa abandi 20 mu Murwa Mukuru i Kyiv, nk’uko abayobozi ba Ukraine babitangaje kuri uyu wa Gatanu.

Ikigo cy’Igihugu cya Ukraine gishinzwe Ubutabazi cyatangaje ko “Ukraine yongeye kugabwaho igitero kirimo indege zitagira abapilote n’ibisasu bya misile. Abakora ibikorwa by’ubutabazi bari muri ibyo bikorwa ahagabwe ibitero bitandukanye mu mujyi hose.”

Umuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yavuze ko abantu bane bamaze kwemezwa ko bapfuye mu murwa mukuru, abandi 20 bakomerekejwe, 16 muri bo bakaba bakiri mu bitaro.”

Ibi bitero bikurikiye gasopo yari yatanzwe na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ubwo yavuganaga kuri telefoni na Donald Trump, aho Kremlin yatangaje ko izihorera nyuma y’uko indege za Ukraine zisenye ibirindiro by’indege z’intambara z’u Burusiya mu bitero iheruka kugaba imbere mu gihugu.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

1 Min Read
Mu mahanga

Martin Fayulu yahuye na perezida Tshisekedi amusaba ibiganiro n’Abakongomani

2 Min Read
Mu mahanga

Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

1 Min Read
Mu mahanga

Abasirikare ba RDC babujijwe gushaka bataramaramo imyaka irindwi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?