BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, May 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > DRC: Kabila yagiranye ibiganiro n’abanyamadini

DRC: Kabila yagiranye ibiganiro n’abanyamadini

sam
Last updated: May 29, 2025 2:57 pm
sam
Share
SHARE

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, ari mu kiganiro n’abahagarariye amadini n’amatorero.

Iki kiganiro cyabereye muri Kivu y’Amajyaruguru igenzurwa n’ihuriro AFC/M23, akaba agiranye nabo ikiganiro nyuma yo kugera i Goma mu minsi ya vuba.

Byemejwe n’Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ibi biganiro byabereye mu gace ka Kinyogote.

Ihuriro AFC/M23 tariki ya 26 Gicurasi 2025 ryatangaje ko Kabila yageze mu Mujyi wa Goma. Hari hashize iminsi itatu ateguje Abanye-Congo ko azagira uru ruzinduko.

Kuva yagera i Goma yagize gahunda zitandukanye zirimo ibiganiro n’abayobozi ba AFC/M23 ndetse n’abandi bashaka gutanga umusanzu mu kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa RDC.

Biteganyijwe ko gahunda ateganya muri uru ruzinduko nizirangira, azatangaza icyo ateganya gukurikizaho.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanyuzwe n’ibiganiro yagiranye na Joseph Kabila

Ihuriro rya politiki n’ingabo rya AFC/M23 ryatangaje ko ryagiranye ibiganiro byubaka na…

Namibia: Intare yishe mukerarugendo agiye ku bwiherero

Mu gihe yari mu biruhuko mu nkambi y’ubukerarugendo muri Namibia, umukerarugendo w’imyaka…

AFC/M23 yamaganye Leta ya Kinshasa isoresha ibicuruzwa biva i Goma nk’ibituruka mu mahanga

Ihuriro AFC/M23 ryashinje ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutandukanya ubutaka…

Loni iratabariza abaturage ba Gaza bugarijwe n’inzara 100%

Umuryango w’Abibumbye Loni uratanga impuruza ko abaturage ba Gaza 100% bugarijwe n’inzara…

Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwanditsi w’Umunya-Kenya,Prof Ngũgĩ wa Thiong’o, yitabye Imana , ku myaka 87.

3 Min Read
Mu mahanga

Leta ya RDC yashoye miliyari y’Amadolari mu nzego z’umutekano mu 2025

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abanyeshuri batwitse inzu bararagamo kubera ko bimwe uruhushya rwo kureba Match

2 Min Read
Mu mahanga

Abanya-Palestina bagera kuri 24 bapfiriye mu bitero bya Israeli

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?