BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

sam
Last updated: May 21, 2025 9:45 am
sam
Share
SHARE

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika Joe Biden ,yasabiwe kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku buzima bw’umugabo we ugeze mu zabukuru.

Ni igitekerezo cyatanzwe n’ umunyategeko w’Ikigo gishinzwe kugenzura imikorere ya Guverinoma (DOGE) Leo Terrell avuga ko Jill ashobora kuba yarahatiraga umugabo we  guhatanira kuyobora Amerika mu gihe yari abizi neza ko ubuzima bwe buri mukaga kubera kanseri.

Ku wa 18 Gicurasi 2025,abaganga batangaje ko Joe Biden yasanzwemo kanseri ya prostate ndetse ko yaba yarageze ku magufa.

Leo Terrel avuga ko ntakabuza Jill yarazi ikibazo umugabo we afite ariko agakomeza kumuhatiriza guhatana mu matora .

Akomeza avuga ko Jill akwiye gukurikiranwa ku cyaha cyo gufata nabi no gutoteza ugeze mu zabukuru.

Joe Biden yatangaje ko atagishoboye guhatanira kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu ahagarariye ishyaka rye ry’aba-democrates nyuma yo kugaragaza integer nke z’ubusaza.

Trump niwe watsinze aya matora nyuma yo guhigika Kamala Harris bari bahanganye .

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’Abanyarwanda barenga 600 bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 3 cy’Abanyarwanda  642 bari impunzi muri Repubulika…

Vincent Murekezi yasabye amezi atatu yo gushaka umwunganira nyuma y’uko uwo yari afite yikuye mu rubanza

Vincent Murekezi uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 akekwaho kuba…

U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere

Leta y’u Rwanda n’iy’u Bufaransa baganiriye ku bijyanye n’ubufatanye ndetse n’ibibazo by’umutekano…

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

1 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
Amerika

Amerika yasabye Sudan y’epfo gufungura Riek Machar

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?