BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

sam
Last updated: May 19, 2025 8:11 am
sam
Share
SHARE

Inama nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, CENCO yanenze icyemezo leta yafashe cyo gufunga ibikorwa bya Bank ndetse n’ibibuga by’indege nyuma y’uko AFC/M23 ifashe umujyi wa Goma.

Kiliziya gatolika muri DRC yakomeje kumvikana inenga ubutegetsi bwa Tshisekedi ko budashoboye bwananiwe gukemura ibibazo by’umutekano byugarije uburasirazuba bw’iki gihugu.

Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya RDC (CENCO), Musenyeri Donatien Nshole, yatangaje ko ifungwa rya banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa na AFC/M23 ryatumye abaturage babaho mu buzima bugoye.

Ati “Imbaraga Leta yashyize mu ntambara ziri guhungabanya ubukungu bw’igihugu kandi zigira ingaruka ku mibereho y’abaturage, cyane cyane mu burasirazuba. Ifungwa rya banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa na AFC/M23 riri gutuma imiryango myinshi ibaho mu buzima bugoye.”

Ibi bikorwa biri mu bikorwa remezo byangijwe n’ihuriro ry’ingabo za leta nyuma yo kubona ko zatsinzwe n’abarwanyi ba AFC/M23.

CENCO ikomeje kugaragaza ubushake bwo gushakira amahoro uburasirazuba bwa DRC yagaragaje ko imbande zombie zikwiye kwicara zikaganira nyuma yo guhura n’abayobozi b’izimpande.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’Abanyarwanda barenga 600 bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 3 cy’Abanyarwanda  642 bari impunzi muri Repubulika…

Vincent Murekezi yasabye amezi atatu yo gushaka umwunganira nyuma y’uko uwo yari afite yikuye mu rubanza

Vincent Murekezi uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 akekwaho kuba…

U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere

Leta y’u Rwanda n’iy’u Bufaransa baganiriye ku bijyanye n’ubufatanye ndetse n’ibibazo by’umutekano…

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

2 Min Read
Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
Mu mahanga

Joseph Kabila wabaye perezida wa DRC yahamagajwe na Sena  i Kinshasa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?