BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

sam
Last updated: May 19, 2025 6:47 am
sam
Share
SHARE

Joe Biden wahoze ari Perezida wa Amerika , abaganga bamusanzemo Kanseri ya Prostate bikaba biteye impungenge kuko bamubwiye ko iyi ndwara yaba yamaze no kugera mu magufa.

Byatangajwe n’ibiro bya Biden bivuga ko aherutse gusuzumwa nyuma yo kubona ibimenyetso by’indwara byiyongera ku wa gatanu, tariki ya 16 Gicurasi 2025, abaganga bagasanga imaze kumurenga.

Abaganga be bavuga ko nubwo isuzuma ryerekana uburyo iyi ndwara imaze kuba myinshi mu buryo bukabije, ko hakiri amahirwe y’uko yavurwa .

Joe Biden yabaye Perezida wa 46 wa Amerika kuva ku ya 20 Mutarama 2021, kugeza ku ya 20 Mutarama 2025.

Yahisemo kutazongera gushaka guhatana mu matora ya perezida , avuga ko yifuza guha inkoni ubuyobozi bushya. Muri icyo gihe, Biden, yagaragazaga ko afite intege nke z’ubusaza nyuma y’imyaka irenga mirongo itanu mu mirimo ya Leta.

Biden yasimbuwe na perezida Trump wakomeje kumvika ashinja ubuyobozi by’uwo yasimbuye intege  nke zatumye Amerika igira ihungabana ry’ubukungu kubera kuyishora mu ntambara z’amahanga ndetse no guha icyuho abimukira bajya muri iki gihugu mu buryo butemewe.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

1 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
Amerika

Amerika yasabye Sudan y’epfo gufungura Riek Machar

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?