BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 26, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > FERWAFA yirukanye abasifuzi 3 burundu muri uyu mwuga

FERWAFA yirukanye abasifuzi 3 burundu muri uyu mwuga

sam
Last updated: May 13, 2025 10:59 am
sam
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’umupra w’amaguru mu Rwanda FERWAFA kuri uyu wa kabiri ryatangaje ko ryirukanye abasifuzi batatu kubera imyitwarire  yabo idahura n’indangagaciro ziranga abasifuzi.

Mu mabaruwa FERWAFA yandikiye basifuzi 3, ivuga ko bahowe gushishikariza abandi basifuzi gukora Betting ku mikino bari busifure.

Abirukanwe barimo Amida Hemedi kubera kugira uruhare mu gukora ‘match Uwimana Ally washishikarije bagenzi be gutega ku mikino yo mu Rwanda bagombaga gusifura.

Aba kandi barimo Mbarute Djihadi wakiraga amafaranga y’abashaka gukora “Match-fixing”.

Aba basifuzi bakunze gusifura imikino y’icyiciro cya kabiri ndetse no mu bari n’abategarugori. Nkuko bitangazwa na FERWAFA, ivuga ko aba birukanwe burundu mu gusifura hano mu Rwanda.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urubanza rwa Joseph Kabila ruratangira i Kinshasa, araregwa ibyaha bihanishwa urwo gupfa

Urukiko rukuru rwa gisirikare i Kinshasa mu murwa mukuru wa DR Congo…

M23 na Wazalendo byongeye gukozanyaho

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye guhangana…

Burikantu wari ukurikiranyweho gufungirana abakobwa mu nzu yarekuwe

Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yafunguwe nyuma y’iminsi mike…

AS Kigali yungutse umutoza mushya

Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwamaze kumvikana n’umutoza mushya w’abanyezamu, Dukuze Djuma watozaga…

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe uwigeze kugeza kuri Perezida ikibazo cyavugwagamo BNR waregwaga inyandiko mpimbano

Muhizi Anatole wigeze kugeza ikibazo kuri Perezida Paul Kagame cyagarukaga ku mutungo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?