BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

sam
Last updated: May 12, 2025 11:22 am
sam
Share
SHARE

Ku biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu gitondo cyo kucyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025, hasanzwe umugabo bikekwa ko yiyahuye ariko abandi bakavuga ko yakubiswe n’Abanyerondo.

Uyu nyakwigendera Nkundiye Laurent mbere yuko yitaba Imana, mu ijoro ryakeye yagaragaye ari kumwe n’abakora irondo ry’umwuga ubwo bari bagiye kumufungira ku Kagari nyuma yuko hari aho yari ateje akavuyo inshuro ebyiri zose, aha akaba ariho bahera bavuga ko ashobora kuba yishwe n’inkoni yakubiswe n’Abanyerondo.

Uwamugira Marthe, ni umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Ruhuha, yahamije iby’iyi nkuru y’incamugongo, aho yavuze ko kugeza ubu hataramenyekana neza icyishe nyakwigendera cyakora nyuma y’iperereza ryahise ritangira akaba aribwo kizamenyekana.

Gitifu yagize ati “Nibyo koko amakuru y’urupfu rwa nyakwigendera twayamenye tuyabwiwe n’abanyerondo bakoze mu ijoro ryakeye. Kugeza ubu ntiharamenyekana icyamwishe kuko iperereza ku rupfu rwe rigikomeje ahubwo gishobora kumenyekana nyuma ari uko rirangiye”.

Uyu nyakwigendera yari afite abana bane, ndetse akaba yabanaga n’umugore wa kabiri biturutse ku kuba uwa mbere yaramutanye abana barimo umwe muri bo wagiye kwibera mu Burundi, undi akaba aba kwa Nyirakuru.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya gatatu cy’Abanyarwanda barenga 600 bari barafashwe bugwate na FDLR

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 3 cy’Abanyarwanda  642 bari impunzi muri Repubulika…

Vincent Murekezi yasabye amezi atatu yo gushaka umwunganira nyuma y’uko uwo yari afite yikuye mu rubanza

Vincent Murekezi uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 akekwaho kuba…

U Rwanda n’u Bufaransa baganiriye ku kibazo cy’umutekano mu karere

Leta y’u Rwanda n’iy’u Bufaransa baganiriye ku bijyanye n’ubufatanye ndetse n’ibibazo by’umutekano…

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

3 Min Read
Mu Rwanda

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

1 Min Read
Mu Rwanda

Nyabihu: Abashumba batemanye umwe ahasiga ubuzima

1 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya Kabiri cy’Abanyarwanda barenga 790 bari barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?