BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Urukiko rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rwakatiye Turahirwa Moses igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo

sam
Last updated: May 9, 2025 1:12 pm
sam
Share
SHARE

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo Turahirwa Moses, ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge.

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo kuwa 07 Gicurasi 2025 ku byaha akurikiranweho byo Kunywa urumogi, kurufatanwa ndetse no kurutunda.

Moses mu iburana rye yaburanye yemera icyaha cyo kunywa urumogi, ndetse anavuga ko impamvu arunywa ari ukubera uburwayi bw’agahinda gakabije ndetse no kwivura gusa abajijwe n’inteko iburanisha niba yararwandikiwe na muganga avuga ko ntawarumwandikiye.

ku kijyanye n’ifungwa n’ifungurwa byagateganyo, Moses n’uwamwunganiraga mu mategeko, yasabye ko yaburana adafunze bitewe nuko afite uburwayi yari yaratangiye kwivuza no gukurikiranwa n’abaganga kugirango areke kunywa burundu urumogi, anavuga ko hari n’umuganga bari bafitanye gahunda muri uku kwezi kwa 5 wo muri Leta zunze ubumwe bwa Amerika.

Ubushinjacyaha bwasabiye Moses gukurikiranwa afunze, bitewe nuko hari impungenge z’uko yaba acuruza urumogi bashingiye ku cyaha cyo gutunda urumogi ashinja.

ku kijyanye n’ubuvuzi, ubushinjacyaha bwavuze ko gereza zo mu Rwanda zifite abaganga bahagije ku buryo ubuvuzi bwe butazahungabana.

Turahirwa Moses si ubwa mbere akurikiranweho icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge kuko no muri 2023 yaburanye icyo cyaha aza gufungurwa byagateganyo.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

 U Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga

4 Min Read
Ubutabera

Ubushinjacyaha bwasabiye Fatakumavuta guhanishwaa igifungo cy’imyaka icyenda

2 Min Read
Ubutabera

DRC: Umusirikare warasiye mu rusengero abantu batatu  barimo ‘umwana w’amezi 4’ yagejejwe imbere y’ubutabera.

2 Min Read
Ubutabera

Umugabo akurikiranweho kwica umwana we w’imyaka 11

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?