BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Perezida Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi

Perezida Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi

sam
Last updated: March 21, 2025 2:18 pm
sam
Share
SHARE

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu, ashinja kudakora neza inshingano zayo.

Perezida Trump avuga ko agiye gukora ibyihuse ariko binyuze mu mucyo, kugira ngo iyo Minisiteri iveho, bityo ngo amafaranga menshi yakoreshaga ahanini mu gutera inkunga amashuri, agume mu isanduku ya Leta.

Ubwo yasinyaga iryo tegeko ku wa Kane tariki 20 Werurwe 2025, Trump yari mu biro by’Umukuru w’igihugu ‘White House’, azengurutswe n’abana bicaye ku ntebe z’ishuri, maze agira ati: “Amerika itanga amafanga menshi mu burezi kuva kera kurusha ikindi gihugu icyo ari cyo cyose, ariko abanyeshuri bakaza inyuma ku rutonde”.

Iri tegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi risinywe nyuma y’igihe gito, abakozi benshi bayo bahagaritswe mu kazi.

Umuvugizi wa Donald Trump, Karoline Leavitt yavuze ko ari ngombwa gukuraho iyo Minisiteri, imaze gukoresha asaga Miliyari 3,000 z’Amadolari ya America ava mu misoro y’abaturage kuva yashyirwaho mu 1979, ariko ngo itagaragaza intambwe ifatika mu burezi.

Icyakora nubwo iri tegeko ryasinywe, gufunga iyi Minisiteri ngo bigomba kwemezwa na Kongere ya Amerika (US Congress), cyane ko ari na yo yayishyizeho mu 1979.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

1 Min Read
Amerika

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

1 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?