BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Putin nawe yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’iminsi 30

Putin nawe yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’iminsi 30

sam
Last updated: March 14, 2025 6:07 am
sam
Share
SHARE

Kuri uyu  wa kane, Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yemeranya n’icyifuzo cy’Amerika cyo guhagarika imirwano mu gihe  cy’iminsi 30.

N’ubwo yemeye guhagarika intambara, Putin yavuze ko hari ibyo bagomba kuganira n’abanyamerika.

Nibyo twemeye guhagarika intambara, ariko hari ibibazo tugomba kubiganiraho, kandi ndatekereza ko tugomba kubiganiraho na bagenzi bacu b’Abanyamerika ndetse n’abafatanyabikorwa bacu. ”

Yagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho uburyo bwo kugarura amahoro. Ikindi kibazo, ni ukumenya niba Ukraine ishobora kubahiriza iyo minsi.

Ukraine nayo iherutse gutangaza ko yemeye kuba ihagaritse intambara ndetse ko igiye  gukorana na Amerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yayo, nk’uburyo bwo kwishyura iki gihugu inkunga cyayihaye mu ntambara imazemo igihe n’u Burusiya.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

1 Min Read
Amerika

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

1 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?