BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Bwiza yamaze kwerekeza i Brussels mu gitaramo azamurikamo Album ye “25 Shades”

Bwiza yamaze kwerekeza i Brussels mu gitaramo azamurikamo Album ye “25 Shades”

sam
Last updated: March 4, 2025 7:59 am
sam
Share
SHARE

Umuhanzikazi Bwiza Emerance uzwi nka Bwiza, yamaze kwerekeza mu Mujyi wa Brussels mu Bubiligi mu gitaramo azamurikiramo Album ye ya Kabiri yise “25 Shades” iriho indirimbo zirimo izo yakoranyeho n’abahanzi batandukanye

Kuri uyu wa 3 Werurwe 2025, Bwiza yahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali i Kanombe agiye i Brussels  mu gitaramo gitegerejwe ku wa 08 Werurwe.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru mbere yo guhaguruka, yagarutse  ku gitaramo agiyemo, yavuze ko agiye kare kugira no yitegure neza azabashe gushimisha abakunzi be bazaba baturutse mu bihugu bitandukanye by’i Burayi.

Avuga ko ureste The Ben bazafatanya, ariko kandi hari abandi bahanzi nubwo yavuze ko atabatangaza bazagaragara kuri uwo munsi.

Yavuze ko tariki ya 06 Werurwe zimwe mu ndimbo zizatangira kujya hanze, ariko album yose ikazajya hanze ku wa 23 Werurwe 2025.

Yahishuye ko abantu bazaba baje mu gitaramo cye, bazagura iyo album ku bihumbi 500 bikaba ari no mu rwego rwo kumushyigikira.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?