BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 24, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > USA yabaye ihagaritse inkunga ya gisirikare yageneraga Ukraine

USA yabaye ihagaritse inkunga ya gisirikare yageneraga Ukraine

sam
Last updated: March 4, 2025 6:52 am
sam
Share
SHARE

Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zitagikomeje guha inkunga ya gisirikare Ukraine yo kwirwanaho mu rugamba imazemo imyaka irenga itatu ihanganyemo n’Uburusiya.

Ibi byemejwe n’umuyobozi umwe muri White House ubwo yaganiraga na CBS News avuga ko biri mu rwego rwo kugenzura niba iyi nkunga ikwiriye .

Yagize ati” tubaye tuyihagaritse kandi dusuzuma inkunga zacu kugira ngo tumenye ko igira uruhare mu gukemura ibi bibazo.”

Amerika niyo nkingi  ikomeye y’imfashanyo za gisirikare zoherezwa muri Ukraine, harimo intwaro, ibikoresho ndetse n’inkunga y’amafaranga, kuva Uburusiya bwagaba igitero simusiga kuri iki gihugu mu myaka itatu ishize .

Ibi bije nyuma y’amasaha make Trump anenze Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, avuga ko adafite ubushake bwo kurangiza intambara ahanganyemo  n’Uburusiya .

Hagati ahokandi , Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Keir Starmer yatangaje ibikubiye mu ngingo enye zo gukorana na Ukraine mu rwego rwo guhagarika intambara no kurinda iki gihugu ibitero by’Uburusiya.

Abayobozi b’ibihugu by’i Burayi bagaragaje ko  badashobora kugira icyo bakora mu gukemura iyi ntambara no kugarura amahoro muri Ukraine ntabufasha bw’Amerika bafite buhagije .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AS Kigali yungutse umutoza mushya

Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwamaze kumvikana n’umutoza mushya w’abanyezamu, Dukuze Djuma watozaga…

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe uwigeze kugeza kuri Perezida ikibazo cyavugwagamo BNR waregwaga inyandiko mpimbano

Muhizi Anatole wigeze kugeza ikibazo kuri Perezida Paul Kagame cyagarukaga ku mutungo…

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

Yanga SC iri guteganya gukina na Rayon Sports FC mu mukino wa…

Iby’ingenzi wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, wari usanzwe ari Visi…

Abapolisi 178 basoje amahugurwa ku kurinda ituze no guhangana n’ibihungabanya umutekano mu mijyi

Ku wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, abapolisi 178 basoje amahugurwa ajyanye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

3 Min Read
Amerika

Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya

1 Min Read
Amerika

America yavuze ikizaba nihatubahirizwa amasezerano y’u Rwanda na DRC

2 Min Read
Amerika

Abahinga urumogi muri California bakozwemo umukwabu

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?