BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko

Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko

sam
Last updated: February 21, 2025 10:16 am
sam
Share
SHARE

Umunyamideli Kim Kardashian yagejejwe mu nkiko n’umugabo witwa ‘Ivan Cantu’, umushinja gukoresha ifoto ye amwitiranya n’imfungwa yakatiwe igihano cy’urupfu.

Muri Gashyantare 2024, nibwo Kim Kardashian yifashishije Instagram ye yandika asaba abantu ko bakorera ubuvugizi ifungwa yitwa ‘Ivan Cantu’ yakatiwe igihano cy’urupfu kikavaho, gusa yaje kwibeshya akoresha ifoto itari iye bitewe n’uko bose bahuje amazina.

Uyu mugabo ‘Ivan Cantu’, yavuze ko uku gukoresha ifoto ye byatumye abantu bamwanga binamukomeretsa bikomeye mu buryo bw’amarangamutima.

Avuga ko uko kwibasirwa n’abantu byatumye atangira kubura ibitotsi, akaribwa umutwe, kugira inzozi mbi n’ibindi bitandukanye byatumye yitabaza abaganga.

Umunyamategeko wa Kim Kardashian, Micheal Rhodes, yabwiye TMZ ko ako ari agakosa gato kabayeho kandi ko nyuma yo kumenya ko habayeho ikosa ifoto yahise ikurwaho.

Yavuze ko bifuzaga ko ibyo babikemura bitarinze kugera mu nkiko ariko kuva ari bwo buryo bahisemo, agomba kurwana kuri Kim Kardashian.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abakozi babiri ba Ambasade ya Israel barasiwe i Washington DC

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abakozi babiri bo muri Ambasade ya…

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo…

Bishop Gafaranga yagejejwe imbere y’urukiko

Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga ukurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina,…

Rubavu: Polisi yafashe ibilo 500 by’ifumbire mvaruganda yari igiye kugurishwa mu buryo bwa magendu mu gihugu cy’abaturanyi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu,…

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?