BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Goma: Kiliziya gatolika yemeje ko ntarusengero rwayo rwasenywe cyangwa uwihaye Imana wabuze  ubuzima ubwo Goma yafatwaga na M23

Goma: Kiliziya gatolika yemeje ko ntarusengero rwayo rwasenywe cyangwa uwihaye Imana wabuze  ubuzima ubwo Goma yafatwaga na M23

sam
Last updated: February 7, 2025 10:55 am
sam
Share
SHARE

Umwepiskopi wa Goma , Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, yatangaje ko nta kiliziya yasenywe mu gihe cy ‘imirwano cyangwa abihayimana baguye mu mirwano yabereye i Goma yasize uyu Mujyi utuwe n’abagera kuri Miliyoni ebyiri, wigaruriwe n’umutwe wa M23.

Myr Ngumbi kandi yatangaje ko Ingo ebyiri z’Abihayimana ari zo zangijwe n’Amasasu.

Hashize iminsi irenga 9 umutwe wa M23 wigaruriye umu jyiwa Goma nyuma yo kuwirukanamo ingabo za FARDC, zifatanyije na Wazalendo, FDLR, SADC ,Abacancuro b’Abazungu n’ Abarundi bamwe bagahungira mu Rwanda .

Amakuru avuga ko uyu mujyi wapfiriyemo abasirikare ba FARDC n’Abazalendo bagera ku 3000 , gusa leta ya Kinshasa yo ivuga ko iyi mirambo ari iy’abaturage bishwe n’amasasu y’barwanyi b’impande zari zihanganye.

Kugeza ubu abaturage bishimiye ifatwa ry’uyu mujyi ndetse M23 yamaze gushyiraho abayobozi barimo guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru , umujyi wa Gomo ndetse n’uduce tuyikikije .

Ku wa 6 Gashyantare AFC/M23 yakoze inama n’abaturage yo kwerekaniramo aba bayobozi , basabwa kudahagarara kugeza bafashe i Kinshasa .

Umujyi wa Goma kuri ubu urimo abasirikare ba SADC batarabona uburyo bwo kuva muri uyu mujyi nyuma y’uko batsinzwe bakemera kudakomeza imirwano.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Babiri bapfiriye mu myigaragambyo ku mupaka wa Tanzania na Kenya

3 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Mu mahanga

Uwari Minisitiri w’Intebe muri Mali yakatiwe imyaka ibiri kubera ibyo yanditse ku mbuga nkoranyambaga

2 Min Read
Mu mahanga

Ntitwakwemera gukubitwa  urushyi ngo dutege undi musaya- Gen Ekenge  

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?