BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Syria: Abasirikare ba leta14 bishwe baguye mu gico cy’abashyigikiye Assad wahoze ari perezida

Syria: Abasirikare ba leta14 bishwe baguye mu gico cy’abashyigikiye Assad wahoze ari perezida

sam
Last updated: December 26, 2024 10:59 am
sam
Share
SHARE

Ingabo za leta zatanye mu mitwe n’abashyigikiye Basha al-Assad wahoze ari perezida wa Syria, nyuma akaza guhirikwa ku butegetsi n’inyeshyamba.

Abayobozi bashya muri Syria baravuga ko abasirikare 14 bishwe abandi 10 barakomereka mu gico cy’ingabo z’indahemuka ku wahoze ari perezida, Bashar al-Assad.

Bavuga ko iyi mirwano yabereye ku wa Kabiri hafi y’icyambu cya Tartous ku Nyanja ya Mediterane nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga.

Amakuru avuga ko abashinzwe umutekano batezwe igico ubwo bageragezaga gufata uwahoze ari ofisiye kubera uruhare rwe muri gereza izwi cyane ya Saydnaya, hafi y’umurwa mukuru wa Damas.

Mu byumweru birenga bibiri bishize, ubutegetsi bwa Assad bwakuweho n’ingabo z’inyeshyamba ziyobowe n’umutwe wa kisilamu Hayat Tahrir al-Sham (HTS).

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
Mu mahanga

Joseph Kabila wabaye perezida wa DRC yahamagajwe na Sena  i Kinshasa

1 Min Read
Mu mahanga

CENCO yanenze leta ya Kinshasa gufunga bank n’ibibuga by’indege mu bice AFC/M23 igenzura

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?