BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Aug 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ikoranabuhanga > Serivise z’ubuvuzi zigiye gutangwa hifashishijwe ikoranabuhanga

Serivise z’ubuvuzi zigiye gutangwa hifashishijwe ikoranabuhanga

sam
Last updated: July 2, 2024 11:51 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikigo cy’ ubwiteganyirize RSSB bivuga ko umwaka wa 2025 zimwe muri serivise z’ubuvuzi zizaba zitangirwa ku ikorana buhanga .

Umuyobozi mukuru wa RSSB Regis Rugemanshuro ,  agaragaza ko mu kwezi kwa gatandatu ku mwaka utaha hazagaragara impinduka , zimwe muri serivise z’ubuvuzi zitazaba zigikoreshwa hakoreshejwe impapuro .

Ati “turashaka gushyira mu ikoranabuhanga serivise zose za RSSB, twizera ko muri 2025 aho gahunda ya RSSB 2020/2025 n’impinduka zose tuba twaraganiriye mbere zigomba kuba zarakozwe aho serivise zose za RSSB zigomba kuba zikoresha ikoranabuhanga”.

Kuri ubu abantu bagaragaza ko  ikorana buhanga rigeze kure bityo bitakiri ngimbwa ko umuntu agana umuganga yikoreye impapuro

Ubushakashatsi bugaragaza ko mu myaka ine ishize abantu bangana na miliyoni 6 ku isi bitabiriye ikoranabuhanga muri serivisi z’ubuvuzi, ni mu gihe mu myaka 8 yari yabanjirije uwo mwaka izi serivisi zari zimaze kwitabirwa n’abagera kuri miliyoni 5.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

APR FC yongeye gutombora Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry'ibanze…

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yayoboye umuhango wo gusezera ku ba…

Perezida Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin bahanganye

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na…

Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, iratangaza ko yafashe abantu 10 mu…

Rubavu: Gitifu afunganywe n’abaturage bakurikiranyweho kugurisha Inka za Girinka

Mu Karere ka Rubavu, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Kanyundo mu Murenge wa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ikoranabuhanga

Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’

2 Min Read
Ikoranabuhanga

Ibirori by’umuhango wo kwita izina abana b’ingagi byasubitswe

1 Min Read
Ikoranabuhanga

Hangijwe ibikoresho by’ikoranabuhanga byafashwe bitujuje ubuziranenge

4 Min Read
Ikoranabuhanga

Polisi y’u Rwanda yasobanuye imikoreshereze ya Camera zo mu muhanda

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?