BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Abafite ubumuga bwo kutabona nabo batekerejweho mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024

Abafite ubumuga bwo kutabona nabo batekerejweho mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024

sam
Last updated: June 19, 2024 2:44 pm
sam
Share
SHARE


Komisiyo y’igihugu y’Amatora NEC yashyizeho impapuro 4800 zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka .

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona basaba NEC ko izi mpapuro zagezwa mu ntara zose z’igihugu nabo bagafashwa kwihitiramo abayobozi bifuza.

Umunyamabanga wa komisiyo y’igihugu y’amatora Charles Munyaneza avuga ko ibisabwa n’ababana n’ubumuga bwo kutabona byose byakozwe ndetse n’abatazi gusoma inyandiko batekerejweho kuzafashwa n’abo babana badafite ubumuga ariko bataragira imyaka 18 y’amavuko.

Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko izi mpapuro zamaze gukorwa igisigaye ari ukuzishyikiriza ku masite azatorerwaho hirya no hino mu gihugu.

NEC iherutse gutangaza urutonde ntakuka rw’abamerewe kwiyamamariza kuba perezida wa repubulika batatu aribo Kagame Paul, Habineza Frank ndetse na Mpayimana Philippe, n’abiyamamariza umwanya w’abadepite 345 bagizwe n’abagore154 ndetse n’abagabo 191.

Kuri ubu Abanyarwanda bari kuri lisite y’itora barenga miliyoni icyenda .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwanenze rapolo za Loni yongeye zirushinja kwiba amabuye ya RDC

4 Min Read
Ubukungu

Igiciro cya lisansi cyazamutseho 170 Frw kuri litiro

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Banki y’Isi yemeje miliyari zirenga 140 Frw zo guteza imbere ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?