BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

sam
Last updated: May 29, 2024 9:57 am
sam
Share
SHARE

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire ye .

Barafinda yahishuye ko afite ubushake ndetse n’ubushobozi bwo guhanganira umwanya w’umukuru w’igihugu muri aya matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.

Barafinda yageze kuri NEC aherekejwe n’umugore we yakirwa na Perezida wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora Oda Gasinzigwa

Barafinda Sekikubo Fred wongeye gushaka kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu myaka yashize yavuzweho indwa yo mu mutwe ndetse anajyanwe no mubitaro byita ku barwaye izo ndwara (CRAES Ndera)

Ibi kandi byemejwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ubwo rwamusubizaga mu bitaro by’indwara zo mu mutwe kumusuzumisha ngo barebe uko ubuzima bwe bwo mu mutwe buhagaze , nyuma yo gusezererwa n’ibitaro .

RIB yamujyanye mu bitaro bisuzuma bikanavura indwara zo  mu mutwe nyuma y’ibiganiro yakoreye ku  muyobora  wa YouTube birimo ibyagaragazaga ibimenyetso by’uko yaba afite ihungabana mu mutwe.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Meteo Rwanda yasobanuye icyateye imvura n’ubukonje muri iyi mpeshyi

Meteo Rwanda yatangaje ko imvura yaguye mu mpeshyi Kandi bidasanzwe, yatewe n’itsinda…

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

U Rwanda rugiye gushyira amarerero mu bigo bya Polisi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangaje ko hagiye gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
Inkuru zindi

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?