BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jun 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Patrick Maisha
Last updated: April 19, 2024 3:04 pm
Patrick Maisha
Share
SHARE

Ku wa 19 Mata 2024, umujyi wa Kigali wanyujije ku rubuga rwa X ubutumwa busobanura ubwo wari watanzeho mbere bubwira abatwara imodoka kubanza koza imodoka amapine mbere yo kwinjira muri kaburimbo.

Ubwo butumwa bwa mbere bwari bwavugishije abatari bake harimo n’abakora umwuga w’itangazamakuru babaza aho bazogereza amapine y’imodoka zabo zica mu mihanda y’ibitaka.

Ni ubutumwa bwagiraga buti: “ Umujyi wa Kigali uributsa abantu bose ko bibujijwe kwanduza umuhanda . Ibi bireba umuntu ku giti cye , abafite ibikorwa by’ubwubatsi, aho imodoka zinjira cyangwa ziva kuri Chantier , n’ahandi”.

Bongeyeho kandi ko imodoka zigomba gusukurwa amapine igihe zigiye kwinjira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali mu butumwa bushya wasobanuye ko ubu butumwa yatanze bwarebaga cyane cyane imodoka zikora ubwubatsi zitwara igitaka , imicanga, zikarenza urugero bikagenda bimeneka mu muhanda bikawanduza.

Umujyi wa Kigali waburiye abatwara izo  modoka z’ubwatsi ko zigomba kugenda zitwikiriye neza zikirinda kumena ibyo zihetse , uvuga ko ufatiwe muri iryo kosa  ahanwa  hakurikijwe itegeko No 48/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rigenga ibidukikije.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rugiye kuyobora CEEAC

Guinea Equatorial hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika…

Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gushikuza umukobwa agakapu karimo telefone

Umugabo witwa Ntihinyurwa Alexis w'imyaka 33 afungiye kuri ya sitasiyo ya RIB…

Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata…

Minisitiri Mutamba yongeye kwitaba Ubushinjacyaha bumuhata ibibazo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamaze amasaha…

Leta ya RDC yarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere baganiriye na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwarakajwe n’abahagarariye urwego rw’akarere ka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

1 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?