BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 25, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Patrick Maisha
Last updated: April 19, 2024 3:04 pm
Patrick Maisha
Share
SHARE

Ku wa 19 Mata 2024, umujyi wa Kigali wanyujije ku rubuga rwa X ubutumwa busobanura ubwo wari watanzeho mbere bubwira abatwara imodoka kubanza koza imodoka amapine mbere yo kwinjira muri kaburimbo.

Ubwo butumwa bwa mbere bwari bwavugishije abatari bake harimo n’abakora umwuga w’itangazamakuru babaza aho bazogereza amapine y’imodoka zabo zica mu mihanda y’ibitaka.

Ni ubutumwa bwagiraga buti: “ Umujyi wa Kigali uributsa abantu bose ko bibujijwe kwanduza umuhanda . Ibi bireba umuntu ku giti cye , abafite ibikorwa by’ubwubatsi, aho imodoka zinjira cyangwa ziva kuri Chantier , n’ahandi”.

Bongeyeho kandi ko imodoka zigomba gusukurwa amapine igihe zigiye kwinjira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali mu butumwa bushya wasobanuye ko ubu butumwa yatanze bwarebaga cyane cyane imodoka zikora ubwubatsi zitwara igitaka , imicanga, zikarenza urugero bikagenda bimeneka mu muhanda bikawanduza.

Umujyi wa Kigali waburiye abatwara izo  modoka z’ubwatsi ko zigomba kugenda zitwikiriye neza zikirinda kumena ibyo zihetse , uvuga ko ufatiwe muri iryo kosa  ahanwa  hakurikijwe itegeko No 48/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rigenga ibidukikije.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

Itsinda rihuriweho rihagarariye ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026 kegukanywe n’Umunya-Israel witwa Itamar…

Tour du Rwanda: Impanuka ikomeye yahitanye abantu babiri abandi batandatu barakomereka

Irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rya Tour du Rwanda 2026 ryatangiye kuri iki Cyumweru,…

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

Indege 53 zirimo iz’intambara zagaragaye mu kirere kigana mu Burasirazuba bwo Hagati…

Zimbabwe: Abaturage batangiye gukingirwa umuti urinda SIDA

Igihugu cya Zimbabwe cyatangiye gukingira abaturage umuti wa Lenacapavir ubarinda kwandura agakoko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?