BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Minisitiri muto muri Guverinoma yasezeranye imbere y’Amategeko

Minisitiri muto muri Guverinoma yasezeranye imbere y’Amategeko

admin
Last updated: December 22, 2022 2:00 am
admin
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Yvan Butera yasezeranye imbere y’amategeko n’umukobwa bamaze igihe bakundana.

Dr Butera umunyamabanga wa leta muri MINISANTE yarongoye

Ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Ukuboza 2022, nibwo Dr. Butera yasezeranye imbere y’amategeko na Diana Kamili, mu birori byitabiriwe na bamwe  bo mu miryango yabo.

Umukunzi wa Dr Butera asanzwe ari umuhanga mu bijyanye n’ikoranabuhanga cyane ko ari umukozi muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo.

Aba bombi basezeraniye mu Karere ka Nyarugenge aho umuhango wo kwemeranya kubana akaramata wabereye mu Biro by’Umujyi wa Kigali.

Biteganyijwe ko gusezeranira imbere y’Imana bizaba mu mpera z’iki cyumweru.

Dr Butera wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisante mu mpera z’Ugushyingo uyu mwaka, ni we muto mu Baminitiri, bagize Guverinoma y’u Rwanda, yavutse mu 1990.

Ba Minisitiri bashya basabwe kutiremereza mu nshingano bahawe

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • bukeye says:
    December 22, 2022 at 12:52 pm

    Mbega byiza cyane!!! Ni imigisha gusa.Bazabyare Hungu na Kobwa.Ibintu bidushimisha cyane kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana.Gusa tugomba kwibuka ko Imana ariyo iduha “umukwe n’umugeni” (groom and bride).Ishaka ko Umugore n’Umugabo “baba umubiri umwe” nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza aribo bake.Couples nyinshi zicana inyuma,bararwana,bagatandukana,ndetse bakicana.Hali n’ababeshya ko Imana ibemerera gushaka abagore benshi,nyamara Gutegeka kwa kabiri 17,umurongo wa 17 Imana ibitubuza.Niba dushaka kuzabaho iteka muli paradizo,tugomba kumvira Imana muli byose,harimo no kubana neza n’uwo twashakanye.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?