BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Cyera kabaye AS Kigali y’abagore yahembwe

Cyera kabaye AS Kigali y’abagore yahembwe

admin
Last updated: December 19, 2022 9:12 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali Women Football Club, bwahembye abakinnyi n’abandi bakozi b’iyi kipe bari bamaze amezi ane asaga atanu batazi uko umushahara usa.

AS Kigali WFC yahembwe amezi abiri

Hari hashize igihe abakinnyi, abatoza n’abandi bakozi ba AS Kigali WFC bicira isazi mu maso nyuma yo kumara igihe badahembwa.

Gusa ubu, abiciraga isazi mu maso bafite akanyamuneza nyuma yo guhembwa imishahara n’ubwo batayahawe yose.

Amakuru UMUSEKE wamenye, ni uko ubuyobozi bw’iyi kipe bwahembye amezi abiri muri ane babafitiye.

Ubuyobozi bwasabye abakinnyi n’abandi bakozi gukomeza kwihangana kugeza igihe hazabonekera indi mishahara babafitiye.

Aya mafaranga atanzwe, nyuma yo gutandukana n’abari abatoza b’iyi kipe barimo Sogonya Hamiss Cyishi, Ntagisanimana Saida na Safari Mustafa Jean Marie Vianney, ikipe igasigaranwa na Mukamusonera Théogenie na Mubumbyi Igor.

AS Kigali WFC iyoboye urutonde rwa shampiyona y’abagore n’amanota 24 mu mikin umunani imaze gukina.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?