BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umuhungu wa Perezida yafatiwe ibihano

Umuhungu wa Perezida yafatiwe ibihano

admin
Last updated: December 13, 2022 8:08 am
admin
Share
SHARE

Leta zunze ubumwe za America zafatiye ibihano umuhungu wa Perezida wa Zimbabwe, zimukekaho kuba ishumi y’umuherwe wo muri kiriya gihugu na we wafatawe ibihano.

Emmerson Mnangagwa Junior America imushinja kuba mu bucuruzi bw’umwijima

Emmerson Mnangagwa Junior, umuhungu wa Perezida, America ivuga ko ari inshuti magara y’umuherwe witwa Kudakwashe Tagwirei, na we wafatiwe ibihano na Leta ya America imushinja ibyaha bya ruswa.

Deparitema ya Leta ya America ishinzwe imari, ivuga ko mu myaka itanu ishize umuherwe Tagwirei yakoresheje inzira z’umwijima mu bucuruzi bwe, ndetse n’umubano mwiza na Perezida Mnangagwa kugira ngo ubwo bucuruzi bwe busagambe, ubundi bakusanya amamiriyoni y’amadolari.

Perezida Emmerson Mnangagwa na we ubwe ari ku rutonde rw’abamaze igihe bafatiwe ibihano na America.

Itangazo rya Deparitema y’imari muri America rivuga ko basabye Guverinoma ya Zimbabwe gukemura umusi nyawo w’indwara zirembeje icyo gihugu zirimo ruswa ivugwa mu bakomeye bakoresha nabi ububasha bahabwa n’amategeko mu nyungu zabo bwite.

ISOOKO: BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

Imbunzi z'Abarundi zari zimaze igihe mu gihugu cya Tanzania zigiye gusubizwa mu…

Trump yateguje ibitero bikaze kuri Iran

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora kugabwaho ibitero bikomeye…

Mu saha 100 intambara yo muri Iran yatwaye miliyali $3.7

Ni ukuvuga ko buri munsi nibura hakoreshwa miliyoni $891. Ni intambara iri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?