BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Nduwayo Valeur yagaruye ubuyanja nyuma yo gutakaza ubwenge

Nduwayo Valeur yagaruye ubuyanja nyuma yo gutakaza ubwenge

admin
Last updated: November 28, 2022 10:17 am
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gukinirwa nabi mu mukino Musanze FC yatsinzemo Rayon Sports ibitego 2-0, umukinnyi wo hagati ukina afasha ba myugariro, Nduwayo Valeur yagarutse mu buzima nyuma yo gutakaza ubwenge.

Nduwayo Valeur yatoye mitende nyuma yo gukinirwa nabi

Ibi byabaye ku munota wa 45 ubwo myugariro wa Rayon Sports, Ndizeye Samuel yakiniraga nabi Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga.

Uyu mukinnyi wa Musanze FC yahise amera nk’ubuze umwuka ndetse bagenzi be bose bagira ubwoba ko yaba yitabye Imana ariko Imana yahabaye.

Nyuma yo guhabwa ubufasha bw’ibanze akanajyanwa kwa muganga, Nduwayo ari gutora mitende nk’uko byemejwe na Musanze FC ibicishije ku mbuga nkoranyambaga za yo.

Bati “Nyuma yo kugirira ikibazo mu mukino twatsinzemo Rayon Sports akajyanwa kwa muganga mu mukino hagati, ubu umukinnyi Nduwayo Valeur ari gutora mitende aho arwariye mu Ruhengeri.”

UMUSEKE wamenye amakuru ko uyu mukinnyi yavuye kwa muganga nimugoroba akaba yatashye.

Nduwayo yavanywe mu kibuga yababaye ariko arimo kumera neza

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?