BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

admin
Last updated: November 7, 2022 2:11 am
admin
Share
SHARE

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, yavuze ko nta we ukwiye kurwanya M23, kuko aria bantu baharanira uburenganzira bwabo.

Gen Muhoozi Kainerugaba

Uganda iherutse kugaragaza ko idashyigikiye ko ibibazo by’umuteiano muke mu burasirazuba bwa Congo bikemuka mu ntambara, ko ahubwo hakwiye kubaho ibiganiro.

Gen Muhoozi utajya upfana ijambo, yagize ati “Ku byerekeye M23, ntekereza ko ari bibi, bibi cyane ku muntu warwanya abo bavandimwe bacu.”

Yakomeje agira ati “Ntabwo ari ibyihebe! Bararwanira uburenganzira bw’Abatutsi muri Congo.”

Mu bundi butumwa bwinshi Gen Muhoozi yashyize kuri Twitter harimo n’ubuvuga ko “Uncle” Perezida Paul Kagame yavuze ko ba General bakomeye ari abaharanira amahoro.

Amagambo ya General Muhoozi, abategetsi bo muri Congo ntacyo barayavugaho, gusa ashobora gukomeretsa umubano w’ibihugu byombi, dore ko mu myigaragambyo iheruka kubera i Goma, hari amagambo yo kwikoma Uganda yari ku byapa bya bamwe mu bigaragambya.

Ingabo za Uganda ni zimwe mu ziri muri Congo, zikorana n’iza Leta y’icyo gihugu, FARDC mu bikorwa byo guhangana n’inyeshyamba za ADF.

Uganda ntishaka intambara muri Congo, irifuza ko habaho ibiganiro

UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
4 Comments
  • lg says:
    November 7, 2022 at 7:25 am

    Nkunda Muhoozi ko ataripfana umuntu urwanira uburenganzira bwiwe ntawe umutsinda kuko baba limwe akagaruka M23 si ibyihebe si umutwe witerabwoba ntaho urica abantu. ntaho uratega ibisasu abarwanya M23 bambere naba Hutu bahungiye muli biriya bice bakabasanga iwabo kubutaka bwabo bagashaka naho kuhakorera génocide nkiyo bali basize bakoze hano bafatikanije nimwe mumiryango yabanyeCongo baba Hutu nabo bakomoka muli Congo abajya kurwanya M23 bakwiye kumenya ko bajya kwicira abanyecongo mugihugu cyabo bashutswe nubutegetsi bwa Congo bukorana na FDRL ONU ububiligi ubudage bazi neza uko abo bantu bisanze muli Congo aramoko avuga ikinyarwanda bitandukanye nimpunzi nabimukira ikibazo cyuko bakatiweho imipaka nicyo yaba ONU yaba ibihugu bishaka gufasha Congo muntambara yaba abashaka amahoro bagomba gusobanukirwa bakareka gukwepa ahaturutse ibibazo bazabirukana iwabo bajye he bene wabo ibihumbi hafi ijana byimpunzi bazagume munkambise Nyakubahwa Afande Muhoozi ulimfura itaripfana niba Congo ishaka amahoro niyirukane abanyarwanda bahungiye hariya ireke gukorana na fdrl abanyecongo bahunze badubire mubyabo M23 ntizongera kubaho M23 yashinzwe na Leta ya Congo nimitwe bafatanya muguhiga abavuga ikinyarwanda babatutsi ngo babambure imitungo yabo kuko bamwe bishe mu Rwanda bagashaka kugaruka ngo batabibazwa

    Reply
  • Uwizeye says:
    November 7, 2022 at 7:23 pm

    Mbona ibyo afande muhozi Ari byo raise Congo nireke ivangura kubavuga ikinyarwanda nabi bararemwe

    Reply
  • Evariste says:
    November 8, 2022 at 11:48 am

    Gen Muhoozi avuga kenshi ivyo aba yatumwe na Inarume kuko iyaba M23 yarwanira agateka kabahutu nigute barwana na Joseph Kabila kandi nawe ari umututsi? Intambara iri muri Congo irimwo ikinyegezwa ncinshi kuko ubiravye urabona neza na neza ko ari abashaka kugaburamwo ico gihugu kugira imigambi yabo bateguye kuva kera ije mungira nka ” Empire Hima” kandi vyose bishigikiwe n’urwanda hamwe na Uganda.

    Reply
  • Patrikus says:
    November 8, 2022 at 12:55 pm

    Sir! Muhoozi iloveyou too! Saza EAC

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?