BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Dec 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange

Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange

admin
Last updated: November 1, 2022 10:47 am
admin
Share
SHARE

Abaturage ba Tanzania biyongereyeho hafi 40% mu myaka 10 ishize, ibarura rishya rigaragaza ko iki gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 61,7.

Perezida Samia Suluhu Hassan abona ubu bwiyongere bw’abaturage buteye impungenge

Ibarura rusange riheruka muri Tanzania ryari ryakozwe mu mwaka wa 2012, icyo gihe igihugu cyari gituwe na miliyoni 44.9.

Ku wa Mbere, Perezida Samia Suluhu Hassan yatangaje imibare mishya y’abaturage babaruwe muri uyu mwaka, aho iki gihugu kigejeje abaturage miliyoni 61.7 (61,741,120).

Bigaragaza ko ubwiyongere bw’abaturage mu myaka icumi ari 37%, ibintu Perezida Samia Suluhu Hassan abona ko biteye impungenge.

Yagize ati “Abaturage bangana gutya ntibakabaye ikibazo ku gihugu kinini nk’icyacu, ariko ni umutwaro iyo bigeze ku kubagabanya umutungo no kubagezaho ibikorwa remezo.”

Abagore muri Tanzania ni 51% by’abatye igihugu bose.

Imijyi minini nka Dodoma, ari na wo murwa mukuru wa politiki ubu utuwe na miliyoni 3.1 naho Dar es Salaam, umujyi w’ubucuruzi utuwe na miliyoni 5.4.

ISOOKO: BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abarwanyi ba M23 bageze mu bilometero 30 basatira umujyi wa Uvira 

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye…

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

Umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho watangaje ko uherutse guhanura kajugujugu yari itwawe…

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?