BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

Abasirikare 36 basoje amasomo yo kuyobora abandi

admin
Last updated: October 15, 2022 6:12 am
admin
Share
SHARE

Ishuri rikuru rya Gisirkare rya Nyakinama, ryatanze impamyabushobozi ku basirikare 36 bafite ipeti rya Major na Capitaine, bamaze igihe biga amasomo yo kuyobora abandi.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo

Ku wa Gatanu tariki 14/10/2022, nibwo aba basirikare 36 n’abapolisi babiri ba offisiye barangije aya masomo yitwa mu Cyongereza, Junior Command and Staff Course.

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga ni we wasoje ariya masomo abera ku ishuri rya gisirikare rya Nyakinama, mu Karere ka Musanze.

Yashimiye ba offisiye basoje neza ariya masomo.

Lt Gen Mubarakh Muganga yavuze ko aya masomo aha ubumenyi mu bya gisirikare ba ofisiye bayitabira, akabafasha kumenya gutegura ibikorwa, kumenya inyungu z’umutekano w’igihugu, ndetse bakumva neza uko iby’umutekano bishobora kugenda bihinduka bitewe n’impamvu.

Umuyobozi wungirije wa ririya shuri rya Nyakinama, Col JC Ngendahimana we yavuze ko amasomo agenerwa ba ofisiye nka bariya, abaha ubumenyi bwo kuyobora abandi, no kubaha inshingano.

Aya masomo yamaze ibyumweru 20, yatangiye tariki 30 z’ukwezi kwa Gatanu asozwa ku ya 14 z’uku kwezi kwa cumi, 2022.

Ba Ofisiye 36 muri RDF na ba Ofisiye babiri muri Polisi y’Igihugu ni bo basoje ariya masomo

ISOOKO: MoD website

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?