BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Amavubi U-17 ntakitabiriye CECAFA

Amavubi U-17 ntakitabiriye CECAFA

admin
Last updated: September 23, 2022 11:36 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 ntazitabira imikino y’igikombe cy’ibihugu byo mu Karare k’i Burasirazuba n’iyo hagati (CECAFA). Amakuru yagiye hanze uyu munsi ubwo ikipe yari itarahamagarwa byarangiye idahamagawe.

Amavubi U17 ntazajya muri CECAFA izabera muri Éthiopie

Mu minsi ishize u Rwanda rwari rwamenyeshejwe itsinda ruzakinamo aho rwari rwashyizwe mu itsinda rya Kabiri ririmo ibihugu bya Uganda, u Burundi, Djibouti na Sudani.

Ni irushanwa riteganyije gutangira mu mpera z’uku kwezi kwa Nzeri kuri 30 rikarangira kuri 30 Ukwakira, muri Éthiopie.

Iyi kipe yari itarahamagara abakinnyi bazifashishwa n’umutoza wayitozaga ari we Rwasamanzi Yves, yajyanye n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 mu gihugu cya Libya gukina umukino wa Mbere wo gushaka itike y’Igikombe  cya Afurika kizabera muri Maroc umwaka utaha.

Imwe mu mpamvu bivugwa ko yaba yatumye izi ngimbi zititabira, harimo ubushobozi bwabuze.

Kuva mu 2022, ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 16 ntirongera gukina umukino n’umwe.

Rukimirana Trésor/UMUSEKE i Huye 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?