BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > APR FC yageze mu Rwanda bucece

APR FC yageze mu Rwanda bucece

admin
Last updated: September 20, 2022 1:30 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo gusezererwa mu marushanwa Nyafurika ahuza amakipe ahuza amakipe yabaye aya Mbere iwayo, CAF Champions League, ikipe ya APR FC yageze i Kigali yakirwa n’abafana mbarwa.

Mugisha Gilbert ubwo yasohokaga mu ndege

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, ni bwo ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cy’i Kanombe, idafite abakinnyi bahamagawe mu Amavubi.

Amakuru yaturukaga muri iyi kipe mbere yo guhaguruka muri Tunisia, yavugaga ko izagera mu Rwanda Saa saba z’amanywa zo kuri uyu wa Kabiri ariko yahageze Saa tanu z’amanywa.

Abakinnyi batagarukanye na APR FC, barimo Mugunga Yves, Ombolenga Fitina na Niyomugabo Claude bahise basanga bagenzi babo muri Maroc.

Iyi kipe iraza gukomeza imyitozo itegura umukino w’umunsi wa Kane wa shampiyona izahuramo na Rwamagana City.

APR FC yatsinzwe na US Monastir muri CAF Champions League nyuma yo gutsindwa ibitego 3-1 mu mikino yombi.

Pablo Sebastien Morchon ubwo yasohokaga mu ndege
Maj Uwanyirimpuhwe Jean Paul ushinzwe ubuzima bwa APR FC
Buri umwe yasohokaga ukwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC : Umusirikare wa FARDC yasabiwe igihano cy’imyaka 10 azira amafoto yasakaye ku karubanda asomana n’umukunzi we

2 Min Read
Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?