BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Abakuru b’Ibihugu bya EAC bose bitabiriye irahira rya William Ruto

Abakuru b’Ibihugu bya EAC bose bitabiriye irahira rya William Ruto

admin
Last updated: September 13, 2022 8:57 am
admin
Share
SHARE

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania, na Evariste Ndayishimiye bageze i Nairobi aho bitabiriye irahira rya William Ruto watorewe kuyobora Kenya.

Perezida Evariste Ndayishimiye ageze muri Kenya

Bahasanze Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Perezida Felix Tshisekedi wa Congo Kinshasa.

Ibiro bya Perezida Yoweri Musevenina byo byasohoye amafoto yuriye indege agiye i Nairobi muri biriya birori. Akaba yatangaje ko azakomeza guharanira umubano mwiza hagati ya Uganda na Kenya n’ibihugu by’akarere.

Museveni yagize ati “Tuzakomeza kubaka umubano mwiza na Kenya, n’ibindi bihugu bya EAC kugira ngo abaturage bacu batere imbere.”

Salva Kiir na we yitabiriye ibi birori byo kurahiza William Ruto nk’uko Guverinoma ya Sudan y’Epfo yabitangaje.

Tshisekedi, Kagame, Samia, Ndayishimiye baritabira irahira rya William Ruto

Samia Suluhu wa Tanzania ava mu ndege na we ageze muri Kenya

Perezida Yoweri Museveni yuriye indege mu gitondo ajya i Nairobi
Salva Kiir wa Sudan y’Epfo na we yitabiriye irahira rya William Ruto

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?