BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Inyeshyamba zagose umujyi ukomeye muri Congo

Inyeshyamba zagose umujyi ukomeye muri Congo

admin
Last updated: September 12, 2022 12:26 pm
admin
Share
SHARE

Imitwe ibiri y’inyeshyamba imaze iminsi igose umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Inyeshyamba za CODECO zashinze ibirindiro ahitwa Ezekere muri 10Km uvuye i Bunia naho iza FPIC kuwa gatanu zishinga ibirindiro ahitwa Lengabo muri 5KM uvuye muri uyu mujyi.

Abaturage bo mu bice byigaruriwe na ziriya nyeshyamba bakomeje guhungira mu Mujyi wa Bunia n’ubwo ari inzira y’umusaraba.

Hari amakuru avuga ko inyeshyamba zamaze gucengera muri uyu Mujyi w’ubucuruzi utuwe n’abasaga Miliyoni.

Umuyobozi wa polisi mu mujyi wa Bunia yabwiye Radio Okapi ko “umutekano w’abaturage urinzwe ko bakomeza ubucuruzi bwabo mu bwisanzure.”

Mugihe kingana n’ukwezi, umutwe wa ALC / CODECO, uri kugaba ibitero uturutse mu misozi byica bikanasahura imitungo y’abaturage.

Izi nyeshyamba zongereye ibikorwa byazo hafi ya Bunia mu minsi micye ishize, nubwo ingabo za leta zagerageje kuzirwanya bikananirana.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?