BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Itsinda ry’impunzi 103 zivuye muri Libya ryageze mu Rwanda

Itsinda ry’impunzi 103 zivuye muri Libya ryageze mu Rwanda

admin
Last updated: August 19, 2022 1:50 am
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye itsinda ry’impunzi 103 zivuye muri Libya, ni bamwe mu bimukira bava mu bihugu byabo bashaka kujya ku mugabane w’Uburayi guhiga ubuzima bwiza.

Abari mu kaga muri Libya baraye bageze mu Rwanda

Bageze i Kigali mu masaha y’ijoro kuri uyu wa Kane, bakaba ari icyiciro cya 10 cy’impunzi zivuye muri Libya zakiriwe mu Rwanda.

Aba baje barimo abakomoka muri Eritrea 68, abagera kuri 33 bakomoka muri Sudan, umwe ukomoka muri Sudan y’Epfo n’undi umwe ukomoka muri Ethiopia.

Barerekezwa i Gashora mu Karere ka Bugesera, aho basanze bagenzi babo 421 babimburiye abanda.

Izi mpunzi ziza mu Rwanda muri gahunda yashyizweho na Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije n’Umuryango w’Abibumbye wita ku Mpunzi, UNHCR ndetse n’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe igamije kwakira mu buryo bwihutirwa ariko bw’agateganyo impunzi zabuze amajyo muri Libya, ubwo zahegeraga zishaka kujya i Burayi.

Benshi nyuma y’igihe bari mu Rwanda, bamwe bashakisha ubuzima bushya, abanda bagafashwa kujya mu bihugu byifuza kubakira i Burayi.

Biganjemo abo muri Eritrea

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?