BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Simba yabonye undi muterankunga uzayiha arenga miliyani 10$

Simba yabonye undi muterankunga uzayiha arenga miliyani 10$

admin
Last updated: August 1, 2022 4:07 pm
admin
Share
SHARE

Ni umuhango wabaye ku manywa yo kuri uyu wa Mbere nk’uko Simba SC yabitangaje ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo.

Simba SC izahabwa arenga miliyari 10$

Aya masezerano afite agaciro ka miliyari 26 na miliyoni 100 z’amashilingi akoreshwa muri Tanzania [asaga miliyoni 11 z’amadolari] mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere.

Umwaka wa mbere Simba SC izahabwa miliyari enye na miliyoni 670 z’amashilingi yo muri Tanzani, uwa Kabiri ihabwe miliyari enye na miliyoni 925, uwa Gatatu ihabwe miliyari eshanu na miliyoni 205, uwa Kane ihabwe miliyari ihabwe miliyari eshanu na miliyoni 514 mu gihe uwa Gatanu izahabwa miliyari eshanu na miliyoni 853.

Umuyobozi ushinzwe ubuzima bwa Simba SC [CEO], Barbara Gonzalez, yavuze ko gukorana na M-Bet ntako bisa kuko ari ikompanyi isanzwe ikomeye mu bucuruzi.

Ati “Ku izina rinini rya Simba, ni ngombwa gukorana n’ikompanyi iyoboye mu bucuruzi bakora. Nimureba M-Bet barayoboye muri Tanzania.”

Allen Mushi ushinzwe ubucuzi muri Simba SC, yahamije ko gukorana n’iyi kipe bizazamura izina rya M-Bet mu gihe imbere no hanze yacyo.

Ati “Twizeye ko nka M-Bet gukorana na Simba tizimenyekanisha imbere no hanze ya Tanzania.”

Mu minsi ishize, ikipe ya Yanga SC nayo yaherukaga gusinyana amasezerano y’ubufatanye na SportPesa afite agaciro ka miliyari 12 na miliyoni 335 z’amashilingi ya Tanzania.

CEO wa Simba SC, Barbara Gonzalez yahamije ko M-Bet yagombaga gukorana n’yi kipe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?