BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Perezida Joe Biden yavuye mu kato nyuma y’iminsi arwaye  COVID-19

Perezida Joe Biden yavuye mu kato nyuma y’iminsi arwaye  COVID-19

admin
Last updated: July 27, 2022 5:59 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White house, byatangaje ko Perezida Biden  yavuye mu kato nyuma y’iminsi itanu  arwaye  COVID-19.

Perezida Joe Biden yavuye mu kato ka COVI-19

Kuwa 21 Nyakanga 2022, nibwo byatangajwe ko yasanganywe icyorezo cya Coronavirus ndetse no ku munsi wakurikiyeho ibipimo bigaragaza ko ayifite.

Kuva icyo gihe yahise ajya mu kato,  yavuyemo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Nyakanga 2022.

Doctor Kevin O’Connor  ukora mu biro by’Umukuru w’Igihugu nk’umuganga we akaba yaranahoze mu gisirikare cya Amerika, yatangaje  ko “ Uyu munsi  Perezida Joe Bide nta COVID-19 yasangajwe kandi agiye guhita ava mu kato  nyuma y’iminsi itanu.”

Gusa nubwo yavuye mu kato, Dr Kevin O’Connor yatangaje ko akomeza kwambara agapfukamunwa mu gihe cy’iminsi 10.

Biden w’imyaka 79 yafashe inkingo zombi ndetse n’urwo kwishimangira akaba yari amaze igihe yongeye kurwara COVID-19.

Byari bitegamyijwe kandi ko ku isaha ya saa 11h 30 zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ageza ijambo  ku baturage .

IVOMO :NCBNEWS

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?