BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Pasitoro yahamwe n’icyaha cy’ubujura akatirwa gufungwa imyaka 3

Pasitoro yahamwe n’icyaha cy’ubujura akatirwa gufungwa imyaka 3

admin
Last updated: July 25, 2022 6:33 pm
admin
Share
SHARE

Umupasitori yahamijwe icyaha cy’ubujura maze ahabwa igifungo cy’imyaka itatu nyuma yo gufatwa kuri kamera yibye mu rusengero rwe.

Pastor Adolf Lwazi Moyo mu mapingu ubwo yitabaga Urukiko

Urukiko rwa Harare rwumvise uko umupasitori w’imyaka 31 yafatiwe kuri kamera yibye ibintu bifite agaciro ka 13,000$.

Pasitoro witwa Adolf Lwazi Moyo ku ya 19 Nyakanga, yajyanywe gufungwa n’abapolisi. Yatanze ku bushake amakuru yafashije kugaruza bimwe mu bikoresho by’ikoranabuhanga yari yibye.

Umucamanza mu Rukiko rwo mu Mujyi wa Harare yamuhamije icyaha cy’ubujura.

Yasabwe kwishyura Itorero rye asaga Miliyoni ZW$1 mu gihe yamara amasaha 630 akora imirimo ifitiye igihugu akamaro neza azahita ababarirwa yidegembye.

Umucamanza yavuze ko imyitwarire ya Moyo iteye inkeke ku buryo agomba kwisubiraho cyangwa akazagarurwa imbere y’Inkiko.

Yajyanwe mu nkiko ashinjwa kwiba Itorero rya Apostles of Christ  ibintu bifite agaciro ka $ 13.000 birimo Laptops 18 na Televiziyo byifashishaga n’itorero rye.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?